U Rwanda mu gikombe cy’ isi cy’ umupira w’ amaguru

jeudi 13 janvier 2011

Kuri uyu wa gatanu mu Rwanda harakatwa imanza nyinshi


Kuri uyu wa gatanu tariki ya 14 1 2011, mu Rwanda hari imanza zitari nke! Nibwo Lieutenant General Kayumba Nyamwasa na bagenzi be barimo Patrick Karegeya bakatirwa badahari kuko bari mu buhungiro.

Kuri uyu munsi kandi nibwo Ntaganda Bernard umuyobozi w’ ishyaka PS Imberakuri yongera kuburanishwa ku byaha akurikiranyweho n’ ubushinjacyaha.

Si abo gusa kuko hari n’abandi bakatirwa kuri uyu munsi barimo Agnes Uwimana, umuyobozi w’ ikinyamakuru Umurabyo, ndetse n’ umwanditsi mukuru w’ icyo kinyamakuru Mukakibibi Saidath. Amakuru arambuye ku bijyanye n’ uko izi manza zajyenze mube butegereje gato ndayabagezaho mbere y’ uko izuba rirenga ku bari mu Rwanda too. Igitondo cyiza kandi kuri mwese

Aucun commentaire:

Enregistrer un commentaire