U Rwanda mu gikombe cy’ isi cy’ umupira w’ amaguru

vendredi 14 janvier 2011

Kayumba Nyamwasa yakatiwe imyaka 24 muri gereza


Nyuma y’ aho uwigeze kuba umugaba mukuru w’ ingabo z’ u Rwanda Lieutenant General Kayumba Nyamwasa ahungiye mu gihugu cya Afrika y’epfo, uyu mugabo yaje kuregwa n’ ubushinjacyaha, bumurega ibyaha bitandukanye birimo gusebya umukuru w’ igihugu ndetse no gotoroka igisirikare.

Si uyu mugabo wenyine warezwe n’ ubushinjacyaha kuko harezwe na Major Theogene Rudasingwa, Patrick Karegeya ndetse na gahima Gerard. Nyuma y’ uko ubushinjacyaba butangaje ko aba bagabo bahabwa n’ ibyaba byose baregwa, abasirivire n’ ukuvuga Patrick Karegeya na gahima Gerard bakatiwe imyaka 20 y’ igifungo, naho ku basirikare aribo Lieutenant General Kayumba Nyamwasa na Major Theogene Rudasingwa hiyongeraho imyaka 4 y’ icyaha cyo gutoroka igisirikare yose hamwe iba 24, ndetse no kumburwa impeta zose za gisirikare. Kuri ibyo bihano hiyongereye ho amagarama y’ urubanza bazishyura bafatangije angina n’ amafaranga y’ u Rwanda 295.000 bazishyura bose bafatanyije, bitakorwa agakurwa mu mitungo yabo iri imbere mu gihugu ku ngufu, Nk’ uko tubikesha Contact fm 89.7.

MBIFURIJE WEEKEND NZIZA MWESE ABANSUYE

Aucun commentaire:

Enregistrer un commentaire